in

Byari ibyishimo! Abafana ba APR FC bagiye guhemba Perezida wabo uherutse kwibaruka (AMAFOTO)

Byari ibyishimo! Abafana ba APR FC bagiye guhemba Perezida wabo uherutse kwibaruka.

Kuri iki cyumweru abafana ba APR FC babarizwa muri Online Fan Club basuye Perezida wabo uherutse kwibaruka.

Ni igikorwa gihoraho mu muryango w’iyi Fan Club cyo Gushyigikirana mu bintu byose, gutabarana, gusurana, guhemba n’ibindi byose.

Aba bafana kandi bishimye kwakira uyu mwana wiswe Burabyo wavutse mu muryango wa Perezida wa Fan Club.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore uvuga ko yakundanye na Vestine, ari mu gahinda gakomeye avuga ko yatewe n’uyu muramyi uhembura imitima ya benshi mu Rwanda

Umuyobozi mu mudugudu yafatanwe kanyanga bacaniraho umuriro ukaka