in

Byari amarira y’ibyishimo ku bagize umuryango wa Titi Brown ubwo bazaga kumusanganira agisoka muri gereza i Magererage – VIDEWO

Byari amarira y’ibyishimo ku bagize umuryango wa Titi Brown ubwo bazaga kumusanganira agisoka muri gereza i Magererage.

Mu marembo ya gereza hari abantu benshi baje kwakira uyu mubyinnyi, Titi Brown wagizwe umwere ku cyaha yari amaze imyaka 2 afungiye akurikwiranweho gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure.

Mu baje kumwakira harimo abo mu muryango we, inshuti ze, ababyinnyi bagenzi be ndetse n’itangazamakuru.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Titi Brown usohotse muri gereza ya Mageragere asanganijwe urwandiko rwuje ubuhanga rumufasha kubyutsa umutwe

Bamweretse urukundo rudadanzwe: Chriss Eazy na Junior Giti bagiye kuzana Titi Brown wari ufungiye i Mageragere maze batangarirwa n’abana baho -AMASHUSHO