in

Byari amarira n’agahinda ku muryango n’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ubwo basezeraga bwa nyuma kuri mugezi wabo uherutse kwitaba Imana (AMAFOTO)

Byari amarira n’agahinda ku muryango n’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ubwo basezeraga bwa nyuma kuri mugezi wabo uherutse kwitaba Imana.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo IRAGENA Marie Grace wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu ishami ry’ubukungu, yashinguwe mu cyubahiro.

Uyu mukobwa wapfuye tariki 9/10/2023 yababaje benshi biga muri Kaminuza y’u Rwanda.

IRAGENA Marie Grace yazize uburwayi butunguranye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze FC yahise ishyiramo ikinyuranyo hagati yayo na APR FC! Uko urukundo rwa shampiyona ruhagaze ku munsi wa 6 w’imikino

I Kigali, umugabo ari gushimirwa nyuma yo gucyiranura abashoferi bari bimanye inzira bigateza akavuyo mu muhanda [videwo]