in

Nabo bazajya bayoza igitiyo: Abakinnyi babiri ba APR FC bayifashije gutwara igikombe cya shampiyona bamaze kugurwa n’ikipe izakina Champions League

Abakinnyi babiri bakomeye b’ikipe ya APR FC bayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda bamaze kugurwa n’ikipe ikomeye cyane izakina Champions League.

Mugisha Gilbert na Nshuti Innocent bari basanzwe ari abakinnyi b’ikipe ya APR FC bamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Nahda Club yo mu gihugu cya Omani ikaba yaratwaye igikombe cya shampiyona y’iki gihugu.

Al Nahda n’ikipe ikomeye cyane mu gihugu cya Omani dore ko izanakina Champions League yo ku mugabane wa Asia kubera ko yegukanye igikombe cya shampiyona y’igihugu umwaka ushize.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Leander Onana aracyibuka urukundo rw’abafana ba Rayon Sports bamuhaga amafaranga akifuza kuba yagaruka kwiyorera utw’abarayon

Baracyayisahura! Ukuntu byagenze ngo Rutahizamu wa APR FC wayifashije kwegukana igikombe cya Shampiyona yisange yasinyiye ikipe yindi ikomeye