in

Byaramubabaje: Umuhanzikazi ukunzwe cyane muri Afurika y’iburasirazuba uzwiho kutagira ikibuno gikururara abagabo yavugishije abantu nyuma yo kugaragara ari gukora ibintu byatumye gitangira kwiyongera byihuse -AMASHUSHO

Byaramubabaje: Umuhanzikazi ukunzwe cyane muri Afurika y’iburasirazuba uzwiho kutagira ikibuno gikururara abagabo yavugishije abantu nyuma yo kugaragara ari gukora ibintu byatumye gitangira kwiyongera byihuse.

Umuhanzikazi Sunny Rwanda wamenyekanye igihe yakoranaga indirimbo na kizigenza Bruce Melodie bise ‘Kungora’ yifashishije imbuga nkoranyambaga ze maze asangiza abakunzi amashusho amugaragaza ari mu myitozo yavugaga ko imwongerera ikibuno.

Amashusho:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho ya Sunny Rwanda ndetse n’amagambo yari amaze gutangaza:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Baraberanye pe, erega ntago waba usenga Imana nirangiza ngo iguhe umukunzi mubi’ Umukobwa bivugwa ko yatwaye umutima wa Israel Mbonyi bagaragaye bari kumwe[IFOTO]

Uyu niwo musaruro wavuye mu kwifuza guhura na mama we! Harmonize wihebeye umunyarwandakazi yatangiye kuvuga ururimi rw’igihugu yatomboyemo umugeni nk’uwaruvukiyemo -AMAFOTO