in

Byakomeye:kubera ibura ry’udukingirizo abakora umwuga w’uburaya batangiye kwigira inama yo gufura utwakoreshejwe

Abakora umwuga w’uburaya mu mujyi wa Busia, muri Kenya, bagaragaje impungenge bafite zo kubura udukingirizo tubarinda.

Batangaje y’uko ubu kubera ibura ry’udukingirizo basigaye bafura utwo bakoresheje bakongera bakadukoresha indi nshuro kubera ibura ry’udukingirizo.

Abafite izi mpungenge baratabaza ubuyobozi ngo bugire icyo bubikoraho kuko bitabaye ibyo habyarwa inda nyinshi zitateganyijwe hakagaragara n’umubare wabantu benshi bandura indwara zandurira mu busambanyi.

Umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubuvuzi mu ntara ya Busia, Janerose Ambuchi, yavuze ko ibura ry’udukingirizo ryatewe no kubura kwinkunga z’amahanga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uhagarariye umutoza Ahmed Adel yatangaje amananiza KNC yabashyiragaho umunsi ku wundi

Umugore udakina yakubise umugabo we ingumi ikaze imbere y’abantu kubera guheheta(video)