in

Byafatiwe umwanzuro: Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashakiye umuti ikibazo cy’abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko

Nyuma y’uko bimaze kugaragara ko hari abaturage benshi binjira muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu buryo butemewe n’amategeko bashaka yo ubuhungiro iki kibazo cyafatiwe umwanzuro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zamaze gushyiraho ibigo bibiri bizajya binyuzwamo abaturage babimukira bashaka ubuhungiro muri Amarika kugira ngo babanze barebeko abo baturage bujuje ibisabwa kugira ngo bemererwe ubuhungiro muri Amarika ibyo bigo bikaba biri muri Colombia na Guatemala.

Ibi bikaba byakozwe mu rwego rwo guhangana n’ubwinshi bw’abaturage babimukira baturuka mu bihugu bitandukanye byo muri Amerika y’epfo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndi umunyamahirwe kukugira” Umugabo wa Clarisse Uwimana yamutakagije mu magambo adasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko

Yabukereye! Prince Kid yamaze kugera ku rukiko ari mu b’imbere (VIDEWO)