in

Bwiza Byose abishyize hanze:Nge nanga abampamagara bashaka ko turyamana

Nanga umpamagara ashaka ko turyamana Bwiza umaze igihe bivugwa ko hari ababa bafite amashusho ye arimo gukora imibonano byose.yabishyize hanze.

Ubwo yari ari mu kiganiro n’umunyamakuru Yago kuri youtube channel we ubwe yivugiye ko bitigeze bimutera ubwoba kuko yari abizi ko byose byamuvugwagaho ari ibihuha

Bwiza akaba yanashimangiye ko ku rwego ariho ntawatinyuka kumuhamagara amushakira ko baryamana.

Uyu muhanzikazi umaze iminsi avuye muri Kenya yavuzeko yishimiye urwego rwe agezeho kandi aracyakomeje kuko aho ashaka kugera ntago arahabona.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rosine Bazongere yiyerekanye yambaye umwenda mugufi maze abantu baramusarira (video)

Amakuru ateye amatsiko kuri Haruna Niyonzima