in

Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda Rutambi akuruye imodoka wenyine mu muhanda abantu barumirwa

Umukinnyi wa Filime zisekeje(comedy) uzwi nka Rutambi ,yakoze agashya akurura imodoka wenyine mu muhanda abantu bamushungereye.

Rutambi yashatse kwereka abantu bose ko ari we muntu ufite imbaraga zidasanzwe, nkuko tubisanga mu mashusho ya Isibo Tv binyuze mu Kiganiro the Choice live gica kuri Youtube. Rutambi yatangaje ko ashaka kwihimura kubashaka kumugereranya n’abandi basore,avuga ko yubatse umuhiri we kuburyo afite imbaraga zidasanzwe. Yakoze ikiganiro akurura imodoka mu muhanda ibyuya byamurenze ari nako ashimangira ko ibyo akora ntawundi wabishobora.Yerekanye imiterere y’umubiri we, aho yagaragazaga ko afite ibigango kuburyo abasha gukurura imodoka nta muntu numwe umufashije. Avuga ko aje guca agasuzuguro ngo nundi munsi ntashaka umuntu uzongera kumwigereranyaho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba ubona umukunzi wawe hari abashaka kumugutwara,dore icyo wakora ukamugumana.

Abantu batunguwe cyane n’umuhanzikazi wahisemo guhisha isura y’umukunzi we bagiye kurushingana atinya ko bamumutwara.