in

Bwa bukwe burakomeje: Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bavuye mu murenge kubyemeza

Abanyamakuru bakomeye cyane hano mu Rwanda Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bigaruriye imitima ya benshi kubera ibikorwa bitandukanye bagiye bakora mbere y’uko binjira muri uyu mwuga gusa n’awo bakomeje kuwandikiramo amateka.

Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bamaze iminsi bavugisha imbaga y’abantu bitewe n’ubukwe bari gutegura muri iyi minsi kuri radio magic fm ubu bukwe bwabo bugeze aharyoshye dore ko bamaze kuva mu murenge nk’uko Anita Pendo yabitangarije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram.

Amafoto ya Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bavuye ku murenge yavugishije benshi mu bamukurikira ku rubuga rwa Instagram:

Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma yo kubona amafoto ya Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bavuye ku murenge:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye kuhatwika: Umuhanzi Bushali yerekeje ku mugabane w’i Burayi aho agiye kwandikira amateka

Ibintu byose babikora gisirikare: Aratangaje amashusho y’uburyo abasirikare bizihije isabukuru y’amavuko ya mugenzi wabo (video)