in

Agiye kuhatwika: Umuhanzi Bushali yerekeje ku mugabane w’i Burayi aho agiye kwandikira amateka

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda Bushali wigaruriye imitima y’urubyiruko hafi ya rwose kubera ibihangano bye binyura abakiri bato yerekeje ku mugabane w’i Burayi aho agiye mu bitaramo bizenguruka uyu mugabane.

Umuraperi Bushali yatangarije Inyarwanda.com dukesha iyi nkuru ko agiye mu mishinga itandukanye ku mugabane w’i Burayi harimo no kuragiza Alubumu ye yise “Full Moon” ndetse no gukorera ibitaramo bitandukanye kuri uyu mugabane w’i Burayi.

Bushali yahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Kanombe saa saba n’iminota icumi aho yari yaherekejwe na mugenzi w’umuraperi Slum Drip bikaba biteganyijwe ko uyu muraperi mbere y’uko atangira ibitaramo bye azabanza kwitabira iserukira muco rizabera Lille mu Bufaransa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Uzajya ushyiramo umubare w’ibanga kugira ngo ritaguca inyuma’ Hari gukorwa Robo z’ingore zizajya zishyingiranwa n’abagobo bananiwe gutereta

Bwa bukwe burakomeje: Anita Pendo na Japhet Mazimpaka bavuye mu murenge kubyemeza