in ,

Butera Knowless yatangaje ikipe afana n’umukinnyi akunda bitangaza benshi

Butera ni umwe mu bahanzikazi bakomeye cyane mu gihugu cy’u Rwanda, gusa abakunzi be benshi ntago bajya bamenya ibintu byinshi byihariye mu buzima bwe bwa buri munsi bitewe nuko badakunda kumuca iryera cyane. Uyu muririmbyikazi ukomeye mu Rwanda, Butera Knowless yatangaje umukinnyi wa ruhago akunda cyane ku isi, ndetse asobanura n’impamvu ituma amukunda kurusha abandi bose nkuko tubikesha Radio Isango Star yaganiriye nawe.Image result for butera knowless

Knowless ubwo yaganiraga na Radio Isango, yabajijwe niba afana Chelsea dore ko yanageze ku kibuga cyayo maze atangaza ko atayikunda ahubwo afite umukinnyi akunda cyane k’uburyo afana n’ikipe uwo mukinnyi akinira. Knowless yagize ati “Njyewe nikundira Lionel Messi, kuko n’umuntu usohoza inshingano ze, ntago ajya yijena mu buzima bwe nkuko Cristiano akomeza ibintu.”Butera Knowless ngo akunda Messi, ndetse ikipe yose uyu mugabo azakinamo ninayo Butera azajya afana

Nguyu Lionel Messi ukundwa bikomeye na Knowless.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka nshya ya Cristiano Ronaldo yavugishije abantu amangambure(Video)

Iyumvire uburyo Parfine yasebeje Safi anahishura uburyo yamuvuje indwara zandurira mu busambanyi