in

Burya koko agahinda gashira akandi aribagara! Ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda yarezwe muri FIFA irangije iratsindwa none igiye guhura nuruva gusenya rwitwaje ishoka

Burya koko agahinda gashira akandi aribagara! Ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda yarezwe muri FIFA irangije iratsindwa none igiye guhura nuruva gusenya rwitwaje ishoka.

Kiyovu Sports imaze iminsi mu bibazo yarezwe n’Umugande Muzamiru Mutyaba usigaye ukinira ikipe ya As Kigali maze arayitsinda Fifa yahise itegeka Kiyovu Sports kwishyura uyu mukinnyi arenga miliyoni 11 z’amafaranga y’u Rwanda.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports izabyibuka! Mvukiyehe Juvenal nyuma yo kwamburwa Kiyovu Sports ntaratuza yongeye kujomba ibikwasi ikipe ya Rayon Sports

Shaddy Boo yababajwe bikomeye cyane nuko umusifuzikazi Salima Mukansanga yakuwe mu basifuzi bazasifura CAN maze amakosa ayashinja abanyamukuru b’imikino