in

Burya Tangawizi n’umuti ukomeye cyane dore ibyiza 6 byayo utari uzi 

Tangawizi burya benshi ntago bamenya akamaro kayo gusa burya n’umuti ukomeye cyane.

Dore ibyiza 6 byayo utigeze umenya :

1.Tangawizi yongera imbaraga mu gutera akabariro :  abahanga bemeza ko tangwizi yongera umuntu wayinyweye mu gihe agiye gutera akabariro kandi bavuga ko ari byiza kunywa tangawizi kuko ari umuti mwiza utakugiraho ingaruka bitandukanye nabakoresha ibinini mbere yuko batera akabariro.

2.Igabanya uburibwe bw’amagufwa: burya ngo tangwizi ni nziza cyane kuko yifitemo ubushobozi bwokuganya uburibwe bw’amagufwa ku muntu uyaribwa.

3.Irinda kanseri z’ubwonko cyane cyane kanseri ya nyababyeyi: ni byiza kunywa tangawizi mu rwego rwo kwirinda ku rwara kanseri z’ubwonko ndetse na nyababyeyi kuko yifitemo ubushobozi bwokuba yakurinda izi ndwara.

4.Isohora uburozi mu mubiri : twagizi ifasha umubiri kuba yawusohoramo uburozi buwurimo indani utiriwe ujya kwa muganga.

5.Ifasha mu igogorwa: tangwizi ifasha umuntu mu igogora mu gihe yariye nk’ibiryo byinshi cyane ishobora kugufasha kuba wamererwa neza kandi ifasha umubiri gutunganya neza ibiryo byawugezemo.

6.Ivura impiswi: burya tangawizi n’umuti ukomeye cyane wakifashisha mu gihe warwaye impiswi kuko ushobora kugukiza utageze kwa muganga.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo 4 bishe mushiki wabo

Menya umuti wagufasha kongera imbaraga mu gihe cyo gutera akabariro