in

Burya ngo akeza karigura koko! Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yabonye ikipe nshya igiye ku mufata neza -AMAFOTO

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23, Dylan George Francis Maes yamaze gusinyira ikipe ya NK Tolmin yo mu cyiciro cya kabiri muri Slovenia.

Ni nyuma yo gutandukana n’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Cyprus ya Alki Oroklini atagiriyemo ibihe byiza cyane ko yayimazemo amezi 6 gusa.

Ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 26 Nyakanga nibwo iyi kipe yerekanye uyu musore w’imyaka 22 ukina mu mutima w’ubwugarizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biri guterwa n’iki kugirango ikipe ya Rayon Sports ikomeze kubeshya abanyarwanda uko yishakiye

Ntago nkunda ibintu by’umwanda! Umuhanzi w’umunya-Nigeria, Rema yanze kuririmbira abafana be ahubwo ababwira amagambo batari biteze