in

Burya koko akanyoni katagurutse ntabwo kamenya iyo bweze: Rumaga yatangaje umukoro yahawe n’abanya Burayi

Burya koko akanyoni katagurutse ntabwo kamenya iyo bweze: Umusizi Junior Rumaga yatangaje umukoro yahawe n’abanya Burayi.

Junior Rumaga ukubutse vuba i Burayi yatangaje ko yatahanye umukoro wakugira ikintu yakora kugira ngo arebe ko ibisigo bye byakumvwa n’abanyamahanga kubera ko bamugaragarije inyota idasanzwe yo gushaka kumenya ubutumwa bukubiye mu bisigo bye.

Junior Rumaga avuga ko yatangiye gukora bimwe mu bihangano bizumvwa n’abanyamahanga bizagaragara kuri Alubumu ye ya kabiri nyuma yiyo yise”Mawe” yitegura kumurikira abakunzi be.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biri kuba kano kanya! Byumba, abanyeshuri bakwiriye imishwaro na za matela ku mutwe nyuma y’uko ikigo bigamo gifashwe n’inkongi y’umuriro (VIDEWO)

Imana iyo iguhaye ntigusondeka! Umubyeyi wavukiye ku muhanda na we akahabyarira kabiri amashimwe ni yose