in

Burya koko agahinda ntikica kagira mubi! Kibonke yatewe agahinda n’inkuru y’umumotari wahawe nimero na Bossi we ngo amushyire umukobwa muri Hoteli yazandika muri telefone ye agasanaga n’umugore we

Burya koko agahinda ntikica kagira mubi! Kibonke yatewe agahinda n’inkuru y’umumotari wahawe nimero na Bossi we ngo amushyire umukobwa muri Hoteli yazandika muri telefone ye agasanaga n’umugore we.

Umunyarwenya akaba umukinnyi wa filime nyarwanda ukunzwe cyane hano mu Rwanda Clapton Kibonke yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yumiwe ubwo yumvaga inkuru ikomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye y’umugabo utwara moto wahawe nimero z’umugore we agiye kumushyira undi mugabo muri Hoteli.

Dore kamwe mu duce tugize iyo nkuru Kibonke yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ese ubu utambeshye iri bere ryatuma usimbuka umugozi” Isimbi Noelline yeretse abasore icyo bashakaga bituma batangira kwibaza uko byagenda aramutse asimbutse umugozi – Amafoto

Mama, Papa! Umuhungu wa Alliah Cool yabyutse ahamagara Mama we na Papa we bituma Nyina atungurwa cyane