in

Burundi: Umusore yaguye ku rugamba rwogutera akabariro

Mu gihugu cy’u Burundi umusore yitabye Imana ubwo yarari mugikorwa cyo gutera akabariro ibi byabereye mu ntara ya Makamba .

uyu musore w’imyaka 23 bivugwa ko yasuwe n’umukobwa maze bagatangira gukora imibonanompuzabitsina kugeza umusore ashizemo umwuka.

ariko amakuru ava muri iki gihugu cy’u Burundi avuga ko uyu musore ubwo yararimo atera akabariro yaje gufatwa n’umutima maze agahita abura Ubuzima.

Gusa hari Nandi makuru avuga ko uyu musore ashobora kuba yari yanyoye imiti yongera imbaraga mu gutera akabariro Imana ariyo yabaye intandaro yokubura Ubuzima.

uyu mukobwa ukiri muto ubu Ari mu maboko yana shinzwe umutekano mu gihe iperereza rigikomeje mu gihe umurambo w’umusore ugisuzumwa buruhukiro bw’ibitaro bya Makamba.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Carlo Ancelotti amateka ari kwandika mu ikipe ya Real Madrid bizasaba malayika ngo asibangane

CAF yashyizeho uburyo bushya bwo Kwerekana imikino mu karere ka Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.