in

Burna Boy yafashe mama we amuzamura mu kirere ku rubyiniro abantu bavuza induru -Amashusho

Burna Boy yateruye umubyeyi we amwifuriza isabukuru nziza ubwo yari ku rubyiniro muri Texas muri USA.

Hari mu gitaramo uyu muhanzi yakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yafashe umwanya yifuriza umubyeyi we isabukuru nziza y’amavuko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Yewe aho kubaka Stade nk’iyi nta kipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda” Umukunzi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Ruhago nyarwanda muri rusange yarakajwe na Sitade Amahoro igiye kuzura nta kipe ikomeye iri mu Rwanda

Ubu iyi pantaro ntiyayiciye ku bushake! Umufana yarwaniye kurira ngo ajye gukora ku muhanzi ipantaro ihita itatamuka yambara ubusa mu bantu gusa uburyo yacitsemo benshi babishidikanyijeho – videwo