in ,

‘Buretse gato, ashobora kuba agiye gushaka umugore’ Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yaciye amarenga nyuma y’ikibazo yibarije abakunzi be

‘Buretse gato, ashobora kuba agiye gushaka umugore’ Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yaciye amarenga nyuma y’ikibazo yibarije abakunzi be

Israel Mbonyi uri mu baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bafite izina rikomeye hano mu Rwanda yongeye kugira ikibazo abaza ku bashakanye bamwe mu babonye ibyo yavuze bahita bamwibasira bavuga ko yaba ari kuneka kugira ngo azamenye uburyo yitwara iruhande rw’umufasha we.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter yabajije ati:”Ese abafasha b’iki gihe nabo baracyategereza ko abagabo babo bataha bakabona kujya gufungura ku meza ? Cg ubu ntamikino.”

Kuko yakuze yumva ndetse abona ko abafasha barindira abatware babo bagasangirira hamwe na we yabajije iki kibazo mu buryo bw’urwenya ariko agira ngo naramuka anashatse kitazamugonga.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azi kwitegereza akamenya uzamubera nyina w’abana be! Mu mafoto, reba ubwiza bw’umukobwa wasajije Elements Eleeh ugezweho mu gutunganya imiziki (AMAFOTO)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakorewe ibintu bitari byiza ndetse itazigera ikumbura ukundi mu gikombe cy’Isi