in

Buravan utorohewe n’ubuzima agiye kwerecyeza mu kindi gihugu kwivuzayo

Umuhanzi ukomeye Buravan utorohewe n’ubuzima, aho amaze iminsi irenga 25 arwaye bikomeye biravugwa ko agiye kujya kuvurirwa ahandi.

Amakuru yizewe atugezeho ni uko Buravan wari urwariye mu gihugu cya Kenya yaba agiye kujya kwivuriza mu Buhinde.

Ibyo bibaye nyuma yaho kuvurirwa muri Kenya bisa naho bitagishobotse biba ngobwa ko bahita bamujyana ahandi hari ubuvuzi bwisumbuyeho

Uyu ni umuhanzi ukunzwe cyane aho yari amaze iminsi asohoye indirimbo shya yise Big Time nyuma yiyo ndirimbo nibwo yafashwe nuburwayi butaramenyekana.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka yari itwaye ibikomoka kuri peteroli yakoze impanuka maze abaturage baza kwivomera (Amafoto)

Huye: umugabo yakubise umugore we isuka amuziza kumwita imbwa