in

Bull Dog na Oda Paccy bakoze ibintu byatumye abantu batangira kubabwira akabari ku mutima -AMAFOTO

Bull Dog na Oda Paccy bakoze ibintu byatumye abantu batangira kubabwira akabari ku mutima.

Abaraperi babiri bakomeye cyane hano mu Rwanda Oda Paccy ndetse na Bull Dog bongeye gusembura abakunzi b’iyi njyana ubwo Oda Paccy yashyiraga amafoto ku mbuga nkoranyambaga ze ari kumwe na Bull Dog maze bituma abantu batangira kubabwira ko bifuza kubona indirimbo yabo bari kumwe.

Amafoto yatumye abakunzi b’injyana ya Hip hop batangira gusaba Oda Paccy ko yakorana indirimbo na Bull Dog:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Asigaye asa nk’umuzungukazi! Juwayeze wa Juno Kizigenza nyuma yo kubona ko Ariel Wayz ashobora kumutwara umukunzi we, yikozeho maze amugenera ubutumwa – VIDEWO

Abayizi cyera ntibari kwemera ko ari ya yindi bazi cyera! Sitade Amahoro ibura gato ngo yuzure ikomeje gucanga benshi kubera ubwiza bwayo (AMAFOTO)