in

Bugesera mu rugo rw’umuvuzi gakondo hasanzwe abantu amaze ukwezi yaraziritse ku nshimangizo nk’ihene -AMAFOTO

Mu ntara y’uburasirazuba murenge wa Mayange ho mu karere ka Bugesera mu rugo rw’umuvuzi gakondo, hasanzwe abantu amaze ukwezi yaraziritse ku nshimangizo,

Abo bantu avuga ko baba baje kwivuza bamubwira ko bafite ikibazo mu mutwe bikaba ngombwa ko akoresha ubwo buryo Ari kubavura.

Gusa nubwo bimeze gutyo ubuyobozi butangaza ko iyo mivurire idakwiriye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yabonye ikipe mu gihugu gikomeye muri Africa

Tubaterurana n’imodoka zabo, tukabasindura! Police yavuze impamvu impanuka ziterwa n’ubusinzi zagabanutse