in

Bruce Melodie yasekeje abantu avuga ko nta kibazo cyo kubyara abana 10 kandi ngo urukundo akunda imbwa byatumye ajya kuzicirira(videwo)

Umuhanzi nyarwanda Itahiwacu Bruce uzwi ku mazina ya Bruce Melodie yasekeje abantu ubwo yavugaga ko niyo yabyara abana 10 adafite ikibazo cyaho yabashyira, kandi avuga ko akunda imbwa cyane.

Ni mu kiganiro cyaranzwe no guseka cyane yagiranye na Yago kuri YouTube yavuze ko akunda imbwa cyane bityo byatumye ajya kuzicirira.

Ikindi kandi yavuze ko nyuma yo kubyara abana 2 akabishushanya ku kuboko ibyo bita Tattoo, niyo azabyara ku geza kuwa bana 10 azabashushanya ku bindi bice bye by’umubiri.

Dore videwo:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Ben Moussa yakoze impinduka zikomeye mu bakinnyi 11 arabanza mu kibuga bacakirana na Kiyovu Sports

Ibiryo birarikoze:Fils na yakamwana bari bicanye, Burya Fils nubwo abyibushye afite ikizere cyo kunanuka agasigarana ibiro 80