in

Bruce Melodie uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’umuhanzikazi Juliana Kanyomozi

Icyamamare muri muzika Nyarwanda, Bruce Melodie uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’umuhanzikazi Juliana Kanyomozi.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nko kuri ‘Story’, Bruce Melodie yashyizeho ubutumwa agira ati “Ndashaka gukorana indirimbo na Juliana Kanyomozi.”

Uyu Juliana Kanyomozi ni umuhanzikazi ukomeye muri Uganda. Bruce Melodie we ubu ari kubarizwa muri America aho yagiye gutaramira abakunzi be bariyo ndetse no kumenyekanisha indirimbo yakoranye na Shaggy bise ‘When She is araund’.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close n’umufasha we Tricia Ange bari kwizihiza isabukuru y’imyaka icumi barushinze – AMAFOTO

APR FC izi gutoranya abakozi beza! Ubwiza bwa Umutoni Claire wahawe imirimo mishya mu ikipe ya APR FC bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga (AMAFOTO)