in

Bruce Melodie akomeje kugaragarizwa urwango n’abahanzi bagenzi be: Umuhanzi nyarwanda uri mu bakomeye yibasiye Bruce Melodie avuga ko ari uwo kuririmbira abasinzi, gusa ibyo yavuze nti byakiriwe neza na bamwe ahubwo bashimangiye ko ari ishyari amufitiye

Bruce Melodie akomeje kugaragarizwa urwango n’abahanzi bagenzi be: Umuhanzi nyarwanda uri mu bakomeye yibasiye Bruce Melodie avuga ko ari uwo kuririmbira abasinzi, gusa ibyo yavuze nti byakiriwe neza na bamwe ahubwo bashimangiye ko ari ishyari amufitiye

Binyuze mu kiganiro yagiranye na Chita Magic Bahati Makaca wahoze mu itsinda rya Just Family riri mu yakanyujijeho mu myaka yatambutse uyu muhanzi yagaragaye yibasira Bruce Melodie avuga ko ari uwo kuririmbira abasinzi gusa ngo kuko mu ndirimbo ze nta Message zibamo.

Nubwo yavuze ibi si ubwa mbere Bahati makaca agaragaye akora ibiganiro bisa nibyibasira Bruce Melodie avuga bimwe mu bitagenda gusa nawe akagarukwaho avuga ko izo nama atigiriye ngo akomeze umuziki atari akwiye kuzigira abandi bamurusha amafaranga n’igikundiro ibyo benshi bafata nk’urwango amugirira cg ishyari.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ababyeyi b’iyi minsi nti batinya kwiyandarika imbere y’abana babo: Umwana yajyanye na mama we mu kirori ni uko abonye ukuntu mama we ari kuzunguriza amabuno umugabo babyinanaga bituma umwana abatesha nyuma yo kubona uko mama we yari yiyandaritse (Video)

“Kuririmba ntabwo ari ibya buri wese” Juno Kizigenza nyuma yo kumva indirimbo yahimbiwe n’umuhanzikazi Juwayeze umukunda kubi, nk’inshuti ye Juno adaciye ku ruhande yahise agira inama uyu mukobwa – VIDEWO