in

Breaking News: Umushyushyarugamba uraza kuyobora umunsi w’igikundiro yamenyekanye

Kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Kanama 2022 nibwo hateganyijwe igikobwa cyateguwe na Rayon Sports kiswe Rayon  Day 2022.

Muri iki gikorwa Rayon Sports iraba iri kwerekana abakinnyi yaguze muri iyi mpeshyi y’uyu mwaka.

Muri icyo gikorwa hari buze kuba hari abahanzi nka Bruce Melodie, Ish Kevin, Afrique ndetse na Eric Senderi.

Abantu benshi bibazaga ese ninde uraza kuyobora iki gikorwa? Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zatangaje ko Luckyman ari we uraza kuyobora iki gikorwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa witabiriye igitaramo cya Kizz Daniel yambaye hafi y’ubusa yaciye ibintu kuri twitter

Imirwano hagati y’umutoza Tuchel na Konte ikomeje guca ibintu hanze aha (video)