in

BREAKING NEWS: Umukinnyi Christian Atsu byari byatangajwe ko yapfuye yabonetse ari muzima

Christian Atsu wigeze gukinira ikipe ya Chelsea na Newcastle  yabonetse ari muzima nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari hasakajwe amakuru avuga ko uyu mugabo yaba ari umwe mu bantu barenga magana 300 byatangajwe ko bahitanywe n’umutingito wari ku gipimo cya 7.8 wibasiye igihugu cya Turikiya.

Inkuru dukesha ikinyamakuru Bible Sports ivuga ko uyu mugabo yaje gukurwa  munsi y’ibikuta byari byamugwiriye afite ibikomere ku kuguru kw’iburyo ari  kugorwa no guhumeka ,cyakora ngo ari muzima ku buryo hari ikizere ko yavurwa agakira.

Atsu asanzwe ari umukinnyi wa Hatayspor guhera muri Nyakanga  mu mwaka 2021  avuye mu ikipe ya Al-Raed yo muri Saudi Arabia.

Christian Atsu yabonetse ari muzima nyuma y'amakuru yavugaga ko yaguye mu mpanuka y'umutingito
Christian Atsu yabonetse ari muzima nyuma y’amakuru yavugaga ko yaguye mu mpanuka y’umutingito

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis ashobora kwirukanwa byihuse mu gihe ikintu kimwe yaraye asabwe n’ubuyobozi atacyuzuza

Inkuru y’akababaro kandi igezweho : kuri ubu imibare y’abamaze guhitanwa n’umutingito muri Turkey na Syrie imaze kwikuba inshuro zirenga 8