in

Breaking News: Rayon Sports yasinyishije umuzamu mushya ndetse na rutahizamu wagaragaje ubuhanga (Amafoto)

Umunya Tanzania Ramadhan Kabwili wari umunyezamu wa Yanga SC yasinye umwaka umwe muri Rayon Sports.

Biteganyijwe ko aza kuba umunyezamu wa mbere,bakaba bari bafite abandi bazamu harimo Adolf ugifite  ikibazo kimvune bishoboka ko ari nayo mpamvu bazanye undi muzamu wo guhatanira umwanya nawe.

Undi muzamu ni Bonneher usa nku wamaze gukurwaho amaboko nyuma y’amakosa yakomeje gukora bya huhukiye ku mukino wa gicuti na Vipers ubwo yatsindwaga igitego cya mafuti.

Umuzamu wundi ni Aman wavuye muri Bugesera utaragera ku rwego rwo gufatira Rayon Sports ari umuzamu wa mbere.

Traoré wakiniraga Salitas yo muri Burkina Faso na we yasinyinye muri Rayon Sports.

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo yasinye amasezerano nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports mu mwaka w’imikino wa 2022/23 nyuma yo kugaragara mu mukino wa gicuti wayihuje na Vipers.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhoza Pascaline witabiriye Miss Rwanda yashyize hanze bumwe mu butumwa bwa nyuma yagiranye na Buravan

Umugabo ufite ubumuga bukomeye yakoze ubukwe n’umukobwa w’ikizungerezi(Amafoto)