in

Breaking News: Myugariro ukomeye w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona ikipe nshya i Burayi

Umukinnyi w’ikipe yigihugu Amavubi ukina nka myugariro yamaze kubona ikipe shya yo mugihugu cya Moldova

Rubanguka steve yerekeje mu ikipe yo mu cyiciro cya 1 muri Moldova yitwa FC Zimbru avuye muri Cyprus.

Iyi Equipe niyo ya 2 ifite ibikombe byinshi muri iki gihugu nyuma ya FC Sherrif Yatsinze Real Madrid mu minsi ishize muri  UEFA Champions league, zikaba zinaba mu mugi umwe

Uyu ni umukinnyi utaravukiye mu Rwanda ariko akaba afite ababyeyi baba nyarwanda akaba nawe yarasabwe kuza gufasha ikipe y’igihugu amavubi.

Uyu mosore yagiwe ahamagarwa mu Mavubi nubwo bamwe bavuze ko atari kurwego rwo gukinira ikipe y’igihugu.

Nibyishimo kuba nyarwanda bose bikaba ni shema kuko uyu musore ataye inambwe nziza ikwiye kwishimirwa na buri munyarwanda wese.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umugabo ufite inda nini yasabye abaganga ni agatangaza(Video)

Umukinnyi wa APR yasezeranye n’umukunzi we mu mategeko (Amafoto)