in ,

BREAKING NEWS-Imyaka Lionel Messi azamara mu buroko yamenyekanye

Mu ntambara Lionel Messi yarwanaga n’urukiko rwo muri Espanye bamushinja kunyereza imisoro wa miliyoni 4 z’ama euro,yari yakatiwe amezi 21 kubera mu birego 3 bamurega buri kimwe bamukatiye amezi 7.

Muri Espanye igifungo kiri munsi y’imyaka 2 gihanirwa amande gusa ntago uregwa afungwa niyo mpamvu Lionel Messi yarokotse gereza ahubwo akaba asabwa kwishyura ihazabu y’ibihumbi 252 by’ama euro (252 000) mu gihe se umubyara we azishyura ibihumbi 180.

Ni mu gihe Lionel Messi icyi cyumweru ahuye n’ibihe byiza aho nyuma yo gusezerana n’umukunzi we ANtonella Roccuzzo,akaba amaze kuba umukinnyi wa mbere uhembwa menshi kw’Isi nyuma yo kwongera amasezerano mashya muri FC Barcelone.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bafite ikibuno gikurura abagabo kurusha abandi muri Afurika (Amafoto)

Dore urutonde rw’abakinnyi bafite abagore basa neza neza