in

Breaking news: Eric nshimiyimana yeretswe umuryango usohoka muri Ac Kigali nyuma yo gutsindwa na Rayon Sport Fc

Ubuyobozi bwa AS Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana umutoza Nshimiyimana Eric na Mutarambirwa Djabil wari umwungirije nyuma y’uko iyi kipe yatsinzwe na Rayon Sports ibitego 2-1 ku munsi wa cyenda wa Shampiyona.

Ni ku nshuro ya gatatu Nshimiyimana yatozaga AS Kigali nyuma yo kuyibamo mu 2011 mu gihe kandi yanayitoje hagati ya 2014 na 2018, yirukanwa nyuma yo kunanirwa kwegukana Shampiyona ya 2018/19.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo Yatangaje Ko Ari Lusiferi Maze Asaba Abantu Gusenga Ibirenge Bye Maze Ibyifuzo Byabo Bigasubizwa

Kayonza: Umukozi Yandikiye Umuyobozi W’umurenge Amumenyeshako Adateze Kwikingiza Covid19 Kubera Impamvu Itangaje