in

Breaking News: Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba umukino uhenze kurusha iyindi yose mu mupira w’amaguru

Ku wa gatandatu tariki ya 26 Gashyantare 2022, hateganyijwe umukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Apr Fc.

Uwo mukino ni umwe mu mikino ishyushya Kigali, none ugiye no kuba umukino wa mbere mu Rwanda uhenze kurusha iyindi mu mupira w’amaguru mu Rwanda.

Ikipe ya Rayon Sports izaba yakiriye uwo mukino, yasohoye ibiciro aho umuntu uzaba afite inoto y’ibihumbi bitanu (5000) ari we uzareba uwo mukino. Ibi bije nyuma y’uko FERWAFA yemereye ikipe ya Rayon Sports kuzinjiza abafana 3500 mu 7000 bijya muri sitade ya Kigali I Nyamirambo (50%)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Gashyantare 2022 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasohoye ibyo biciro byo kwinjira kuri uwo mukino.

Uko ibiciro byasohotse bimeze

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bavuka mukwa Gatandatu bagira amagambo menshi. Menya uko uteye bitewe n’ukwezi wavutsemo

Neymar Jr wongeye kuvugisha isi aho avuga ko bari mwitunganwa rya filme izaba yitwa Batman (amafoto