in

Bose barasesekara i Nyarugenge! Petrovic yaje muri APR Fc ari kumwe n’uwari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ikomeye i Burayi

Umutoza Ljubomir Petrović usanzwe waranyuze mu ikipe ya APR Fc, nyuma yo kugirirwa ikizere akagaruka muri iyi kipe, yaje adafite inshingano zo gutoza ahubwo azaba ari Manager w’abatoza kuko yabizaniye.

Petrović w’imyaka 76 ubu yatozaga Litex Lovech yo muri Bulgaria, yaje muri APR Fc azanye n’umutoza witwa Miodrag Radulović w’imyaka 55 y’amavuko ukomoka muri Yugoslavia kuri ubu akaba yatozaga ikipe y’igihugu ya Montenegro.

Ljubomir Petrović, aje muri APR Fc ubugira Gatatu, doreko yaherukagmo muri 2018, aho yayivuyemo kubera ikibazo cy’uburwayi.

Manager wa APR Fc Ljubomir Petrović w’imyaka 76 y’amavuko
Umutoza wa APR Fc Miodrag Radulović wazanwe na Petrović, akaba yatozaga ikipe y’igihugu ya Montenegro

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ngabonziza Fabrice
Ngabonziza Fabrice
1 year ago

Ikipeyacu hejuru mubucu mubicu inyarugenge umuriro uzakape

Assia yarize nyuma yo kubona ifoto y’umugabo we Pastor Theogene witabye Imana aho yatanze ubuhamya bwakoze abatari bake ku mutima (VIDEWO)

“Njye ntanubwo mbatinya” Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore yahaye ikizere abanyarwanda cyo gusezerera Uganda – VIDEWO