in

Bogota Labama agiye kugaruka muri ruhago nyarwanda nyuma yo kuhakorera ibitangaza

Bogota Labama agiye kugaruka muri ruhago nyarwanda nyuma yo kuhakorera ibitangaza.

Umuyobozi wa Addax Sport Club yahoze yitwa Rugende FC, Mvukiyehe Juvénal yamaze guha akazi Bogota Labama wamenyekanye mu makipe arimo Rayon Sports.

Nyuma yo kugura ikipe ya Rugende FC ndetse akayita Addax Sport Club, Mvukiyehe Juvénal yatangiye gushaka abatoza bazayitoza.

Iyi kipe yahereye kuri Bogota Labama, imuha akazi ko kuba umutoza wungirije.

Bogota yamenyekaniye mu makipe yo mu Rwanda, arimo Rayon Sports, APR FC, Musanze FC, AS Muhanga.

Yanaciye mu makipe arimo URA FC na KCCA zo muri Uganda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RBA yashyize igorora abafana ba Rayon Sports na Apr Fc banze kwigomwa inyama ngo bajye kuri sitade

Abaje kureba umukino barangariye ubwiza bwe! Cristiano Ronaldo yamenye ko umugore we Georgina Rodríguez yaje kumufana muri sitade maze nawe ibitego sukubitsinda abimarira mu izamu (AMAFOTO)