in

Bitunguranye umukinnyi wa mbere ku isi abuze mu bakinnyi beza ku isi

Abakinnnyi  30 beza  nibo batoranyijwe mu bahatanira igihembo cya BallonDor 2022 bitunguranye haburamo ba kizigenza.

Messi na Neymar bakina hamwe muri Paris Saint Germain, benshi batunguwe ubwo babonaga batari kuri urwo rutonde rwa bakinnyi beza.

Lionel Messi niwe waherukaga kwegukana BallonDor ariko isi iratunguwe bitewe n’ibura rya Messi na Neymal bigendeye ku musaruro mucye bagaragaje muri season ishize.

Ibyo bitumye bwa mbere mu myaka 17 Messi abuze muri 30 Beza batorwamo uwa mbere ku isi.

Uyu mwaka uhabwa amahirwe menshi yo kuyegukana ni Benzema bigendeye ku musaruro mwiza yagaragaje muri Real Madrid.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yashyingiranwe na mushiki we kubera impamvu yarijije benshi

Mama Sava avuze ku mugabo ugiye kumurongora||umva ibyo atangaje kuri Bijoux