in

Biteye ubwoba: Mu Rwanda abantu basaga 600 bahitanywe n’impanuka abandi ibihumbi 4 barakomereka

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko abantu basaga 600 bahitanywe n’impanuka zo mu muhanda umwaka ushize wa 2022, na ho abasaga ibihumbi bine barakomereka.

Ubuyobozi bwa Polisi y’igihugu buvuga ko bugiye kongera ubukanguramba ku mikoreshereze y’umuhanda no gukaza ibihano ku bica amategeko y’umuhanda.

Byatumye Police y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda, igiye kugenzura impushya zo gutwara ibinyabiziga ‘Pelime’ zatangiwe hanze y’u Rwanda maze zifatirwe.

Ndetse kandi hagiye kongerwa camera zo mu muhanda kugira ngo harebwe ko impanuka zo mu muhanda zagabanuka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yavugaga atari yabona! Umuhanzi Harmonize yatitijwe n’umurengera w’amafaranga yaciwe ubwo yihaga gukorera muri Amerika

Ikidomange cya Papa Sava! Mama Sava yongeye kwigaragaza ku mbuga nkoranyambaga mu gakanzu kagaragaza intege ze – AMAFOTO