in

Biteye inkeke! Mu buhinde abasore bari gukobwa amafaranga atagira ingano mu gihe umukobwa utayabonye aguma mwa nyina na se arya utwabo

Mu buhinde abasore bari gukobwa amafaranga atagira ingano mu gihe umukobwa utayabonye aguma mwa nyina na se arya utwabo.

Ubusanzwe mu gihugu cy’Ubuhinde inkwano ntiyemewe mu mategeko kuko yakuwe mu mategeko yicyo gihugu kuva mu 1961.

Gusa nubwo aruko bimeze kugeza ubu, umuryango w’umukobwa uracyasabwa gutanga impano zimwe na zimwe ku musore mu gihe babiri bagiye gushyigiranwa kandi zitabonetse ntibiba byoroshye ko ubukwe butaha.

Ibi ninabyo byateye agahinda umukobwa w’imyaka 27 usanzwe ari umwalimu mu mujyi wa Bhopal.

Uyu mukobwa yabenzwe n’abasore inshuro zigera kuri eshatu kubera kubura inkwano yo kubaha.

Uyu mukobwa utatangajwe amazina aheruka kubengwa mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, nyuma yo kudatanga inkwano iri hagati ya miliyoni 6 na 7 z’ama rupee akoreshwa aho mu buhinde, aya mafaranga ari hagati ya miliyoni 85 na miliyoni 100 mu mafaranga y’u Rwanda.

Uyu mukobwa yasabye Polisi ko yajya yinjira mu bintu by’ubukwe kugira ngo abakobwa badakomeza kubengwa bigeze aho.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Iyo twicaranye turi kuganira tuba tuvuga abarangiza vuba n’abafite ubugabo butoya” ibiganiro bamwe mu bakobwa b’ikigali bagirana iyo bahuje urugwiro n’ibigaruka ku mico mibi birirwa mo(Videwo)

Serigio Rico ni umunyezamu w'ikipe y'igihugu ya Espagne akaba afite imyaka 29

Umunyezamu wa Paris Saint-Geramain uherutse gukora impanuka ikomeye akamara igihe kinini mu bitaro hamenyekanye andi makuru mashya ku buzima bwe