in

Biteye agahinda:Abantu 13 harimo n’abana 4 bapfiriye mu mpanuka

Impanuka yapfiriyemo abantu 13 harimo abana 4

Imidoka yo mu bwoko bw’ikamyo n’indi yo mu bwoko bwa Taxi zagonganye mu ntara yitwa Free State yo muri Afurika y’epfo hapfa abantu 13 harimo abana 4.
Mu rukerere rwo kuyi uyu wa mbere mu ntara ya Free State ho muri Afurika y’epfo habereye impanuka ikomeye yaofiriyemo abantu 13 harimo abana 4.

Impanuka yapfiriyemo abantu 13 harimo abana 4

Umuvugizi w’ibiro bishinzwe ubutabazi mu muri Free State yatangaje ko inzego z’ubutabazi zahageze mu masaha ya saa kenda z’amugitondo mu kuhagera bagasanga ikamyo yagoganye na Taxi.
Sipho Towa yagize ati ” abantu 13 twasanze bapfuye harimo abagabo 7, abagore 2 n’abana 4. Abandi bantu batatu bari bakomeretse bikabije biherejwe ku bitaro bya Bloemfontein”.

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bikorera muri Afurika y’epfo avuga ko kuri uwo muhanda wa N1 muri uyu mwaka mu kwezi kwa mbere abantu 17 bitabye Iman ubwo Bus yaritwaye abantu 22 yagonganaga n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO:Umunyamakurukazi wa RBA ukunzwe n’abatari bake yakoze ibirori by’agahebuzo asezera ubukobwa bwe

Impuruza ku bagabo bashobora kurwara kanseri y’ibere mu Rwanda