in

Biteye agahinda: Yahaye umugabo icumbi amurongorera umugore amutera inda

Umuturage witwa Nsengiyumva Bonavanture utuye Miyaga mu kagali ka Juru yahuye n’uruva gusenya, ubwo umugabo yari yarahaye icumbi yamutwariye umugore akamutera inda bakabyarana umwana mu rugo rwe, ndetse biza kurangira bamwirukanye mu rugo rwe.

Mu kiganiro Bonavanture yagiranye na Theanonymous250 akaba yasobanuye ko uwo mugabo yacumbikiye yasanze asanzwe afite ibibazo n’umugore nuko, maze aramushuka amubwirako navamu rugo akagenda aribwo amahoro azagaruka mu rugo.

Bonavanture rero akaba yaragiye amara imyaka 3 nyuma agarutse nibwo yaje gusanga wa mugabo yacumbikiye yarabyaranye n’umugore we.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyakugaragariza ko umugore wihebeye ari umuntu mubi cyane.

Menya impamvu abagabo batinya kurongora abagore beza ariko bakishimira gusambana nabo