in

Biteye agahinda: Abana barenga 10 baguye mu mpanuka ikomeye y’ubwato

Ku wa gatanu, tariki ya 14 Ukwakira, abapolisi bavuze ko byibuze abana 10 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato, undi umwe yaburiwe irengero muri cambodia.

Umuyobozi w’igipolisi cyaho, Am Thou, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AF Thou) ati: “Ubwato buto bwaremerewe ubundi burohama hasi nko muri metero 160.

Abana 10 baguye mu mpanuka y’ubwato bwa Cambodia.

Am Thou ati: “Ni impanuka ibabaje, Abanyeshuri umunani barapfuye abandi batatu bakomeza kuburirwa irengero.”

Yongeyeho ko abarohamye bari hagati y’imyaka 12 na 15, mu gihe abakora mu bwato n’abanyeshuri babiri barokowe iyi mpanuka.

Impanuka z’ubwato zikunze kugaragara mu gihugu cyo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Aziya, abantu batuye ku nzuzi nibo bakunze guhitanwa nizi mfu.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi wa El cla’sico aho zitandukanywa nibitego.

Akabaye icwende ntikoga, umukinnyi ukomeye wa Manchester United yongeye gufungwa!