in ,

Bishobora kumukoraho! Umukinnyi wa Manchester United waje afatwa nk’igisubizo akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma yo gukora amakosa yatumye iyi kipe igarikwa

Bishobora kumukoraho! Umukinnyi wa Manchester United waje afatwa nk’igisubizo akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma yo gukora amakosa yatumye iyi kipe igarikwa.

UmunyaCameroon André Onana ukinira ikipe ya Manchester United wayijemo benshi babona ko ar’igisubizo cy’ibibazo mu izamu ry’iyi kipe akomeje guterwa imijugujugu na bamwe mu bakunzi ba Man U kubera amakosa menshi akomeje gukora mu kibuga bigatuma iyi kipe itakaza amanota atatu.

Mu ijoro rya cyeye ubwo Manchester United yatsindwaga na Galatasaray muri Uaefa Champions League umunyezamu Onana yakozemo amakosa menshi yatumye iyi kipe itsindwa sibyo gusa kandi dore ko n’ikarita itukura yahawe umunyaBrazil Casemiro benshi bashinja Onana kuba ari we kabitera.

Manchester United yatsinzwe na Galatasaray 3-2 akaba ari umukino wa kabiri iyi kipe itsinzwe muri Champions League.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Televisiyo Rwanda yasibye ikiganiro Mutesi Scovia yavugiyemo ko abatuza abaturage ko na bo baba mu manegeka bigatungura umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari wamwakiriye

‘Icyo ubiba nicyo usarura’ Umunyamakuru wabaye Minisitiri yisubije Ambulance yari yahaye abaturage bo mu cyaro iwabo banze kumutora mu matora yari ahamganyemo n’ibikomerezwa