in

Biratangaje; Umubare wabanywa inzoga wazamutse umujyi wa Kigali uri kumwanya wa nyuma

Kuva muri 2013 kugeza 2022 abanywa inzoga mu Rwanda bariyongereye, aho bavuye kuri 41.3% bagera kuri 48.1%.

Umujyi wa Kigali ni wo ufite abanywa inzoga bake, mu gihe Intara y’amajyaruguru ariyo ifite abantu benshi banywa inzoga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mukino wasifuwe na rutahizamu Jimmy Gatete! Rayon Sports yatsinze APR FC – AMAFOTO

Ibya Kiyovu Sports bikomeje kuyoberana: Inteko rusange yari iteganyijwe yasubitswe kubera impamvu idasanzwe yatunguranye