in

Biratangaje; Ku myaka 58 yabyaye abana b’impanga nyuma yo kumara imyaka 18 ategereje

Umutegarugori wo muri Ghana yavuze inkuru y’umugore w’imyaka 52 wabyaye abana batatu icyarimwe nyuma y’imyaka 18 ategereje (harimo imyaka 10 abana na pasiteri ndetse n’indi 8 abana n’undi mugabo)

Vivian Akoto Addo-Brown ukoresha Urubuga rwa Facebook ni we watangaje iyi nkuru.

Ati: “Uku niko uyu mugore w’imyaka 52 yiyemeje guhamya icyubahiro n’imbabazi z’Imana ishobora byose ku buzima bwe”.

“Inkuru ni ndende ariko ndayigira nto. Yashakanye na pasiteri imyaka 10 batari babona umwana, nuko umugabo we (pasiteri) yahisemo kubyara hanze, binyuranyije n’imihigo yabo yo gushyingiranwa…., Birumvikana ko bahise batandukana.

“Yongeye gushyingiranwa n’umugabo we bamaranye imyaka 8 nyuma yo gutandukana na Pasiteri, Imana yamuhaye umugisha aza kubyara abana batatu icyarimwe.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yongeye gutegura igikorwa cy’indashyikirwa ishimangira ko irusha abacyeba ubushongore n’ubukaka

Birababaje cyane: Umugore yapfuye ari kubyara impanga nyuma y’iminsi 40 n’umugabo we yitabye Imana (Amafoto)