in

Pasiteri biramukoraho: Muri Kenya abantu bane bapfuye bazira kwiyiciza inzara

 

Mu gihugu cya Kenya abantu bane bicwe n’inzara nyuma yo kubwirwa n’umupasiteri ko kwiyicisha inzara bituma ugera mu ijuru mu buryo bwihuse.

Umu pasiteri witwa Makenzie Nthenge wo mu gihugu cya Kenya bivugwa ko ari we wasabye abayoboke b’idini rye kwiyica inzara ngo bazagere mu ijuru mu buryo bwihuse maze nabo bakamwumvira ndetse bikaviramo bamwe gupfa gusa nyuma yuko Polisi imenye aya makuru yahise ibona abantu bagera kuri 15 barwaye gusa abantu 11 nibo bonyine babashije kugezwa ku bitaro.

Ubwo Polisi y’igihugu cya Kenya yageraga kuri aba baturange yasanze barembye cyane ndetse bane bahita bahasiga ubuzima ndetse Polisi kumenye andi makuru avuga ko hari imva ihambyemo abantu mu buryo bw’ikivunge muri ako gace.

Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya mu karere ka Kilifi ndetse aka gace iri dini riherereyemo gakora ku nyanja y’Abahinde.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impanuka yabereye Nyagatare mubo yahitanye harimo umwana na nyina – IFOTO

Ibyishimo byamurenze: Umuhanzi Spice Diana yageze kubitaragerwaho nundi muhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda