Umugabo n’umugore bo muri Nigeria bapfuye baryamye ubwo baburaga umwaka baryamye.
Ibi bikaba byabaye kuri uyu wa Kabiri.Polisi yatangaje ko aba bantu bishwe no guhera umwuka nyuma y’uko bari bagiye kuryama bacanye Imbabura kugira ngo bashyuhe.
Ubusanzwe imbabura isohora umwuka mubi uzwi nka Co2 ari nawo ukekwaho kuba intandaro y’urwo rupfu rutunguranye, kuko bamaze umwanya munini bawuhumeka basinziriye.