in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Birababaje :Ibyo umuryango we washatse ku mukorera biteye agahinda (Amafoto)

Mugabarigira jean Claude umuryango we washatse ku mwica bamutwitse na petrol gusa imana ikinga akaboko ntiyapfa.

yavuze ko impamvu icyatumye bamutwika aruko batashaka ko abana n’umugore we mukantwari Yvonne  wamufashije gucika uwo mutego wari ku muhitana.

kugeza kuri uyu munsi babayeho mu bwoba kubera ko abashatse kwica umugabo we Jean claude bagihari kandi bashobora kongera nkuko bo ubwabo babyitangariza.

Mbere jean Claude yari abayeho nka bandi bana kuko yakuze afite umuryango umukunda gusa ageze igihe cyo gushaka umugore, umuryango we wamuzaniye umukobwa ngo abari we bazashakana yaje ku mwanga nkuko we abyivugira.

Kuva ya kwanga umukobwa bamushakiye agakunda Yvonne nibwo bashatse  kumwica bamwe bo mu muryango we .

Bamuhaye  ibintu mu nzoga yisanga mu nzu bayikinze maze barayitwika jean Claude ayirimo gusa umugore yvonne yaje gutabaza abaturanyi nawe babasha kurokora Jean Claude.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arimanitse ashiramo umwuka kubera kubura amafaranga ngo yishyure ibitaro umukobwa we arwariyemo

Ibi bintu abakobwa bose babyanga urunuka ariko ntabatinyuka kubibwira abasore||uritonde wa musore we.