in

Birababaje : Bamaze imyaka irenga 10 baterura umubyeyi wabo (video)

Bernadette Nyirakagurira umubyeyi w’abana 3 ubayeho ubuzima bubi nyuma yo kubura bimwe mu bice by’umubiri aho kuri ubu nta maguru afite bituma agenda aruko abana be bamuteruye.

Bernadette yahuye n’uburwayi aho amaze imyaka igera kw’icumi abayeho ubuzima butari bwiza kubera kubura bimwe mu bice by’umubiri nka maguru .

Mu gahunda kenshi avuga ko mbere yari amaze nk’abandi bantu aho yari afite amaguru gusa nyuma aho n’ikibazo cy’uburwayi aho byatangiye arwaye imidido akajya yivuza mu bitaro bitandukanye biza kwanga kwa muganga banzura guca amaguru ye yose.

Uburwayi bwe bwatumye ubuzima bukomera Kubera ko ari we kwitaga ku muryango we aho abana bagezaho birukanwa mu mashuri ndetse no kubona ibyo kurya bishakwa n’abana bakiri bato Kubera we ntacyo yakora kugeza ubu uburwayi bukomeje ku murembya.

Nku mubyeyi abana basigaranye kugirango babashe kubaho ajya gusaba ndetse nabo bagashakisha uko babaho dore ko n’inzu barimo ari ubukode iba ingomba kwishyurwa ndetse n’abana bakabaho.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyambarire n’Imisatsi ya Miss Ingabire Grace Uhagarariye U Rwanda Muri Miss World Ikomeje Kugarukwaho Na Benshi

Niyonizera Judith avuze ukuri kose mutamenye kuri Parfine wakundanye na Safi.