in

Bimwe mu byiza byo kwikinisha mu gihe wabikoze neza

N’ubwo kwikinisha biba bibi iyo ubikoze cyane gusa ubushakashatsi bwerekanye inshuro ntarengwa bitewe n’ikigero cy’imyaka urimo.

Ibyiza byabyo

  • Kwikinisha bifasha mu kugabanya stress n’umutwe udakira.
  • Birinda gutera no guterwa inda no kurwara indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
  • Bifasha mu kongera ibitotsi iyo wabibuze.
  • Birwanya kuba wazarwara kanseri ya prostate ku bagabo.
  • Ni umuti urwanya umubyibuho ikabije.
  • Byongera akanyamuneza cyane cyane ku bagore bakora imibonano ntibarangize.

ICYITONDERWA: Kwikinisha ubusanzwe nta nshuro twavuga bikorwamo. Gusa igihe bimaze kukugira imbata bikaba byahinduye byinshi mu buzima bwawe, biba byabaye bibi ndetse cyane.

Nubwo nyamara tuvuze ko inshuro wikinisha ziterwa n’ubuzima bwawe bwite, hano hari ibipimo byiza byagaragajwe.

Inshuro zitarenze 2 mu cyumweru iyo ufite imyaka itarenze 30

Inshuro 1 mu cyumweru hagati y’imyaka 30 na 40

Inshuro 2 mu kwezi hagati ya 40 na 50

Inshuro 1 mu kwezi hejuru y’imyaka 50

Gusa iyo usanzwe ukora imibonano, izi nshuro zigomba kugabanyuka.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba APR FC bagaragaye bari kuririmba indirimbo zishotora abakunzi ba Rayon Sports – VIDIO

Umukobwa yishyize ku kiranguzo ubwo yatangazaga umusore uzamushaka ibyo azaba yujuje