in

Bijoux wo muri Bamenya yasubije umufana we wamubajije ikintu yicuza yakoze mu buzima bwe

Aline Munezero wamamaye cyane ku izina rya Bijoux akaba yarakunzwe cyane muri Bamenya series yasubije umufana we wamubajije ikintu yicuza yakoze mu buzima bwe. Ni nyuma yuko Bijoux yari amaze gusaba abamukurikira kuri instagram ko bamubaza ibibazo byose bashaka maze nawe akabasubiza.

Umwe mu bafana ba Bijoux yahise amubaza agira ati « Niki wicuza mubuzima kuburyo Imana ikigaruye utakongera kugikora? ». Bijoux yahise amusubiza agira ati « Ndumva ntacyo ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reagan Rugaju nyuma yo kuvugana na Adil Mohammed yamennye umuceri hasi, ngo Adil arifuza hafi Miliyari ku ikipe ya APR FC byakomeye

Ni mwiza: Yolo The Queen yerekanye ifoto y’umwana we